Ikibanza kigurishwa giherereye mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro

Turagurisha ikibanza cyiza cyane giherereye mu Murenge wa Gatenga, Akagari ka Nyanza mu Mudugudu w’Isonga.

Icyo kibanza  gifite pariseri ifite ubuso bwa 438 metero kare (348 square meters).

Kiri mu myubakire ya r1 kandi cyubakiye cloture.

Icyo kibanza kandi giherereye ahantu heza hasanzwe hatuwe hari n’ibindi bikorwa binyuranye.

Igiciro: Gishakamo amafaranga y’u Rwanda Miliyoni 35 (35,000,000 Frw)

Iyi mari ntigucike!

DUHAMAGARE CYANGWA UTWANDIKIRE

Telefone:

+250785115126

+250788952301

Email: imbere2020@gmail.com

GURA LAPTOPS N’IBINDI BIKORESHO BY’IKORANABUHANGA

SOMA IZINDI NYANDIKO ZIRI KU MBUGA ZACU

Ikibanza kigurishwa giherereye mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top