Ikibanza kigurishwa i Mayange mu Bugesera

Tubafitiye ikibanza kinini cyane kigurishwa kiri mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Mayange.

Icyo kibanza ni kinini cyane kuko gifite metero 60/30. Gifite ubuso bwa metero kare 1800 (1800 square meters).

Ushobora kukigabanyamo ibindi bibanza cyangwa ukagikoresha cyose.

Ikibanza giherereye mu buhinzi ariko ni ahantu heza ushobora no gutura cyangwa ukahakorera indi mishinga nk’ubworozi cyangwa ubuhinzi n’indi mishinga washaka.

Igiciro: Gishakamo miliyoni 5 y’amafaranga y’u Rwanda (5,000,000 Frw).

Ngwino wigurire iki kibanza gihendutse.

Iyi mari ntigucike!

Ikibanza kigurishwa i Mayange mu Bugesera

DUHAMAGARE CYANGWA UTWANDIKIRE

Telefone:

+250785115126

+250788952301

Email: imbere2020@gmail.com

GURA LAPTOPS N’IBINDI BIKORESHO BY’IKORANABUHANGA

SOMA IZINDI NYANDIKO ZIRI KU MBUGA ZACU

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top